Category: Uncategorized
-
Perezida Kagame yavuze ku bibazo n’amakimbirane avugwa muri Rayon Sports #rwanda #RwOT
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yavuze ko aho aherukira ibibazo bivugwa muri Rayon Sports, yumvise harimo amakimbirane ariko kuri ubu yizeye ko byabonewe igisubizo nyuma y’uko abivuganyeho na Minisitiri wa Siporo, Munyangaju Aurore Mimosa. -
Perezida Kagame yagaragaje impungenge za COVID-19 ku nama izamuhuza na bagenzi be ba RDC, u Burundi na Uganda #rwanda #RwOT
Perezida Paul Kagame yakomoje ku mpungenge icyorezo cya COVID-19 gishobora kugira mu gutegura inama iziga ku mutekano n’imibanire y’ibihugu byo mu Karere u Rwanda ruherereyemo. -
President Kagame reacts to rumors of his failing health #rwanda #RwOT

President Kagame’s remarks came days after some Rwandans living abroad were spreading rumors that the Rwandan president was ill and may be dead.
Though the news was not given much value in Rwanda, it has continued to confuse minds among anti-government activists living abroad.
In an interview with the RBA on Sunday, President Kagame was asked if he had seen these reports saying that his health was deteriorating, and how social media could be used to prevent such rumors.
President Kagame said he heard news of his death too but did not give them much value.
“I found out recently, not only did they say my life was in bad shape but that I was no more. It’s too much. There is a proverb that says, ‘urucira mukaso, rugatwara nyoko’ (you wish death to your step-mother and it takes your mother instead)
[He laughed] I hope we don’t miss a lot of mothers because of these people spreading such things but life is life, even those saying that, I don’t know how long they will live on Earth, but even if they live for a hundred years, that hundred years will come to an end.”At the forefront of spreading these rumors is Father Nahimana Thomas, who has been widely renowned for his negative criticism of the Rwandan government.
President Kagame said people should know how to analyze the authenticity of information they get from social media. He also warned Nahimana that he might find himself arrested for what all the falsehoods he keeps on spreading.“What I would say to young people and other people is to know how to analyze, they should use social media to learn, talk to people, give information as they want but include an analysis, find out what can be posted on social media […] whether that priest or someone else, people live their lives; we cannot prevent bad people from living badly in such a way but you can distinguish what is good from what is bad; it will be useful.”
In addition, President Kagame said social media is usually a good way to get people to know what’s going on elsewhere. However, he said, there were those that abuse those platforms, so there was a need to find ways to prevent this misuse and instead promote its benefits.
“There is a proverb that says, ‘urucira mukaso, rugatwara nyoko’ (you wish death to your step-mother and it takes your mother instead)” said President Kagame
President Kagame said social media is usually a good way to get people to know what’s going on elsewhere.
In an interview with the RBA on Sunday, President Kagame was asked if he had seen these reports saying that his health was deteriorating,Nicole Kamanzi M.
source https://en.igihe.com/news/article/president-kagame-reacts-to-rumors-of-his-failing-health
-
Umuntu wa 19 mu Rwanda yatangajwe ko yishwe na Covid-19 #rwanda #RwOT
Amakuru ku cyorezo cya Covid-19 nkuko atangazwa na Minisiteri y’Ubuzima kuri uyu wa 06 Nzeri 2020, agaragaza ko umuntu umwe ari nawe wa 19 yishwe n’iki cyorezo. Ni mu gihe mu bipimo 3,481 byafashwe none habonetsemo abantu 25 banduye, abakirwaye kuva cyatangira ni 2,120 mu gihe abamaze gukira ari 2,235 barimo 36 ba none.
Dore uko imbonerahamwe y’imibare itangazwa na Minisante kuri iki cyorezo ibigaragaza;
Munyaneza Theogene / intyoza.com
http://dlvr.it/Rg6KQQ -
Umuntu wa 19 mu Rwanda yatangajwe ko yishwe na Covid-19 #rwanda #RwOT
Amakuru ku cyorezo cya Covid-19 nkuko atangazwa na Minisiteri y’Ubuzima kuri uyu wa 06 Nzeri 2020, agaragaza ko umuntu umwe ari nawe wa 19 yishwe n’iki cyorezo. Ni mu gihe mu bipimo 3,481 byafashwe none habonetsemo abantu 25 banduye, abakirwaye kuva cyatangira ni 2,120 mu gihe abamaze gukira ari 2,235 barimo 36 ba none.
Dore uko imbonerahamwe y’imibare itangazwa na Minisante kuri iki cyorezo ibigaragaza;

Munyaneza Theogene / intyoza.com
source http://www.intyoza.com/umuntu-wa-19-mu-rwanda-yatangajwe-ko-yishwe-na-covid-19/
-
Sinteganya gusezera vuba mu ikipe y’igihugu, abanshinja gusaza barebe ibikorwa nkora mu kibuga – Ndayishimiye Eric Bakame – Inyarwanda.com #rwanda #RwOT
Umunyezamu w’ikipe y’igihugu Amavubi ndetse n’ikipe ya AS Kigali, Ndayishimiye Eric uzwi nka Bakame, yatangaje ko adateganya gusezera vuba mu ikipe y’igihugu ‘Amavubi’ kuko agifite byinshi byo gutanga, yongera gutunga agatoki abavuga ko ashaje, akwiye kuva mu kibuga, abasaba kujya bita ku bikorwa akora mu kibuga n’umusaruro atanga. -
Nigeria: Umupasiteri yaburiye abakobwa bibeshya ko ubusugi ari ubw’abagabo bazabashaka – Inyarwanda.com #rwanda #RwOT
Pasiteri uzwi ku izina rya Rev. Father Oluoma yagize ihishurirwa ku bakobwa bakiri bato bakomera ku busugi bwabo bibwira ko ari ubw’abagabo bazashakana anenga ababyeyi batigisha abahungu babo gukomera ku bumanzi bwabo. -
Perezida Paul Kagame yavuze ku bibazo bya Rayon Sports #rwanda #RwOT
Mu kiganiro n’ikigo cy’igihugu cy’itangazamakuru ‘RBA’, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yavuze ko nta makuru aheruka ku bibazo bya Rayon Sports ariko abizi ndetse yizeye ko byanakemutse kuko yabishinze Minisitiri wa Siporo, Munyangaju Aurore Mimosa kandi yabonaga yarabihaye umurongo mwiza.
Atangaje ibi nyuma y’amasaha make bamwe mu banyamuryango ba Rayon Sports bamwandikiye(bigaragara ko ibaruwa itaramugeraho), bamusaba ko yatesha agaciro icyemezo ikigo cy’igihugu cy’imiyoborere ‘RGB, cyafatiye umuryango wa Rayon Sports.
Kuva muri Werurwe 2020 muri Rayon Sports harimo ibibazo bishingiye ku mikoro n’imiyoborere, ibi byatumye na RGB ihagarika inzego zose z’umuryango kugira ngo hanozwe amategeko shingiro agenga uyu muryango, hasigara hakora komite y’ikipe gusa.
Mu kiganiro n’ikigo cy’igihugu cy’itangazamakuru ‘RBA’ cyabaye kuri iki Cyumweru tariki ya 6 Nzeri 2020, Perezida Kagame ubwo yari abajijwe n’umunyamakuru niba hari icyo azi ku bibazo bimaze iminsi muri iyi kipe, yavuze ko abiheruka kera ariko na none yizera ko byakemutse bitewe n’umurongo byari byahawe.
Yagize ati”iby’imipira yo mu Rwanda ntabwo nari mbiherutse, ariko numvishe harabayemo ibintu by’amakimbirane, nizere ko byaba byarakemuwe. Ndibuka mbivugana na Minisitiri wa Siporo, Mimosa ariko numvaga inzira yabishyizemo isa nk’aho igenda ibikemura ariko ntabwo mperuka amakuru ya vuba aha ng’aha. Naramwizeye nizera ko n’inzira imeze neza, ndizera ko byaba byarabonye ibisubizo.”
Abakunzi ba Rayon Sports bashinja komite iriho iyobowe na Munyakazi Sadate kwica iyi kipe ikunzwe n’abanyarwanda benshi, bakaba baragerageje inzira zose bashaka uko bamukuraho ariko bikagenda bibananira, ubu bakaba bahisemo kwitabaza umukuru w’igihugu. Perezida Kagame avuga ko yizeye ko ikibazo cya Rayon Sports cyakemutse Perezida Kagame yavuze ko ikibazo cya Rayon Sports yagishyize mu ntoki za Minisitiri wa Siporo
http://dlvr.it/Rg5mkh -
Imodoka y’Umwami Leopold III yagurishijwe arenga Miliyoni 12$ #rwanda #RwOT
Nyuma y’imyaka 37 uwahoze ari umwami w’u Bubiligi, Leopold III apfuye imodoka ye yagurishijwe agera kuri miliyoni 12.6$. -
South African Actress Shot Dead In Bitter Argument #rwanda #RwOT
Thandeka Mdeliswa, 27, has succumbed to gunshot wounds after she was attacked by two men at her home in Evander Mpumalanga in South Africa.
South African Police said they are pursuing the assailants and have identified the owner of the gun that was used in this nasty incidence that has sent shock waves in the rainbow nation.
Police said that two unidentified men came to the actress’s home on Thursday and had a bitter argument with her brother. Later Mdeliswa went to talk to the two men, the argument became very violent and one of the men grabbed the gun from his colleague and allegedly shot Mdeliswa and the two men fled after.
Mdeliswa according to a family statement was airlifted with gunshot wounds bleeding profusely and taken to Steve Biko Academic Hospital in Pretoria where she died on Saturday Morning.
Mdeliswa was famous for her role as Khanya in the SABC1 drama series iKani.
source https://taarifa.rw/south-african-actress-shot-dead-in-bitter-argument/

