Category: Uncategorized
-
White House yashyize hanze amafoto ya Trump ari gukorera akazi mu bitaro #rwanda #RwOT
Ibiro by'Umukuru w'Igihugu muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, byashyize hanze amafoto ya Donald Trump aho arwariye mu bitaro, bimugaragaza akomeje akazi ke nk'Umukuru w'Igihugu. -
Abayoboke b'amadini atandukanye bapimwe Covid-19 basanzwe ku nsengero #rwanda #RwOT
Mu rwego rwo gukomeza kugenzura uko icyorezo cya Covid-19 gihagaze mu Mujyi wa Kigali, kuri iki Cyumweru Ikigo cy'Igihugu cy'Ubuzima, RBC, cyapimye Covid-19 abantu batandukanye bitabiriye amateraniro hirya no hino mu nsengero zo muri uyu mujyi. -
Abacururiza nu isoko rya Nyarugenge mu ngamba nshya zo guhangana na COVID19 #rwanda #RwOT
Abacururiza nu isoko rya Nyarugenge mu ngamba nshya zo guhangana na COVID19. -
Abacururiza nu isoko rya Nyarugenge mu ngamba nshya zo guhangana na COVID19 #rwanda #RwOT
Abacururiza nu isoko rya Nyarugenge mu ngamba nshya zo guhangana na COVID19. -
Mushambokazi witabiriye Miss Rwanda agiye kurushinga n'umusore watumye ahindura idini #rwanda #RwOT
Mushambokazi Jordan wari mu bakobwa 20 bahataniye ikamba rya Miss Rwanda mu 2018, agiye kurushinga na Mbonyumuvunyi Karim wafashe irembo ndetse amwinjiza mu idini ya Islam. -
Abafite amavuriro yigenga bashishikarijwe kwita kuri serivisi zo kwizigamira #rwanda #RwOT
Abagize Ihuriro Nyarwanda ry'Abaforomo n'Abafasha b'abaganga bikorera ku giti cyabo (RPNCO), bashishikarijwe gushyira imbaraga muri serivisi zo kwizigamira no guteganyiriza ejo hazaza, by'umwihariko bafata iya mbere mu kwitabira serivisi ya 'Ejo Heza'. -
Ubutabera bw'u Rwanda si igikoresho mu kubahiriza ibyifuzo by'inshuti za Rusesabagina #rwanda #RwOT
Itabwa muri yombi rya Paul Rusesabagina ryavugishije benshi bitewe n'uburyo byabaye mu buryo butunguranye! -
Ikipe ya Liverpool bayikubise akayabo kibitego #rwanda #RwOT
Ikipe ya Liverpool yandagajwe bikomeye na Aston villa mu mukino w'umunsi wa 04 wa Premier League,iyitsinda ibitego 7-2 ku kibuga cya Villa Park cya Aston Villa
Liverpool yaherukaga gutsinda biyoroheye ikipe ya Arsenal ibitego 3-1 ,none yahawe isomo rya ruhago na Aston villa yayitsinze ibitego 7-2.
Aston villa niyo yafunguye amazamu aho ku munota 04 w'umukino ibifashijwemo na Ollie Watkins waje gutsinda ibindi 2 ku munota wa 22 n'uwa 39 w'umukino bituma aba umukinnyi wa 10 utsinze Liverpool ibitego 3 mu mateka.
Igice cya mbere cyarangiye Aston Villa itsinze ibitego 4-1 cyane ko yayitsindiye ikindi gitego ku munota wa 35 mu gihe Mohamed Salah yatsindiye Liverpool igitego cya mbere ku munota wa 33 w'umukino.
Liverpool yahabwaga amahirwe yo kwishyura ibi bitego yahuye n'akaga gakomeye ku munota wa 55 ubwo Ross Barkley batiye muri Chelsea yatsindaga igitego cya 5.
Ku munota wa 66,Icyizere cya Liverpool cyayoyotse ubwo Kapiteni Jack Grealish yashyiragamo ibindi bitego 2 ku munota wa 66 n'uwa 75.
Suyu mukino wabaye gusa kuko hari n' undi wari utegerejwe n' abenshi n' umukino watangiye saa kumi n'imwe n'igice, wahuzaga ikipe ya Tottenham Hotspurs aho yanyagiye Manchester United ibitego 6-1, uyu mukino ukaba wabonetsemo ikarita itukura ku munota wa 28 ikaba yeretswe rutahizamu Anthony Martial.Â
Ku rundi ruhande,Arsenal yaherukaga gutsindwa na Liverpool ibitego 3-1,yatsinze bigoye Sheffield United ibitego 2-1 bya Bukayo Saka na Nicolas Pepe biyifasha kuzuza amanota 09.Westham yatsinze Leicester City ibitego 3-0 kuri iki cyumweru.
Mo Salah na Roberto Firmino byabagoye kwiyakira
Virgil van Dijk agahinda kari kamwishe
Abakinnyi ba Aston Villa binshimye karahava


Source : https://impanuro.rw/2020/10/04/ikipe-ya-liverpool-bayikubise-akayabo-kibitego/
