Author: webrwanda

  • Nyamagabe: Umudugudu uherutse kugabwaho igitero na FLN ubangamiwe no kutagira ibikorwa remezo #rwanda #RwOT

    Abatuye mu Mudugudu wa Subukiniro wo mu Kagari ka Rugogwe mu Murenge wa Uwinkingi mu Karere ka Nyamagabe, bavuga ko babangamiwe no kutagira ibikorwa remezo birimo amashanyarazi, amazi meza n'imihanda.

    Source : https://igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/nyamagabe-umudugudu-uherutse-kugabwaho-igitero-na-fln-ubangamiwe-no-kutagira

  • Ba rwiyemezamirimo bashya mu by'amahoteri n'ubukerarugendo bahawe amahirwe yabafasha kwagura ibyo bakora #rwanda #RwOT

    Ba rwiyemezamirimo bafite ibigo bishya mu rwego rw'ubukerarugendo n'amahoteli n'abandi bafite ibitekerezo by'imishinga iri muri uru rwego, bahawe amahirwe yo kubona amahugurwa, ubujyanama n'inkunga yabafasha gutangira imishinga yabo no kuyagura ku bayitangiye.

    Source : https://igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/ba-rwiyemezamirimo-bashya-mu-by-amahoteri-n-ubukerarugendo-bahawe-amahirwe

  • Wari uzi ko ubuzima bwawe ariyo Bibiliya yonyine abantu bamwe bashobora kuba bisomera? #rwanda #RwOT

    'Nuko natwe ubwo tugoswe n’igicucu cy’abahamya bangana batyo, twiyambure ibituremerera byose n’icyaha kibasha kutwizingiraho vuba, dusiganirwe aho dutegekwa twihanganye' Abaheburayo 12:1

    Hari umugore witwa Marianne wanditse inkuru y’ukuntu yaguye ubwami bw’Imana, agira Inama abantu uko bakwiye kwitwara kubera ko ababakikije babigiraho byinshi. Iyo Abakristo bera imbuto nziza byugura ubwami bw’Imana kandi nanone iyo beze imbuto mbi byongera umubare w’abarimbuka. Ibi byatangajwe n’ikinyamakuru Thoghts About God.com Yaranditse ati:

    'Umunsi umwe numvishe umuntu akomanga ku rugi rwanjye mu cyumba . Nkinguye, nsanga ni umuntu wo ku iposita ukunda kutuzanira amaburuwa . Mu ijwi rihinda riri hejuru , yarambajije ati: ‘Tuzasengera hamwe ryari? Nzi ko uri umukirisito kubera ibinyamakuru bya gikristo mbageza buri kwezi. Nkeneye gusenga cyane. ‘

    Nasohotse hanze ku rubaraza turasenga. Nuko mutumira no mu rusengero rwacu kandi musaba ko yagaruka n’igihe umugabo wanjye azaba ari mu rugo. Icyo gihe rero amaze kugenda, ndapfukama ndasenga nti: ‘ Mana Data, urakoze ko uriya mukozi wo ku posita mu mabaruwa yatuzaniraga hatagaragayemo ikintu icyo aricyo cyatwicira ubuhamya’.

    Umuntu umwe yagize ati: 'Ubuzima bwacu bushobora kuba Bibiliya yonyine abantu bamwe bazasoma.' None iyo abantu bakuboye ni iki bagusomamo nk’umukristo ? mu bikorwa ukora uyu munsi abagukikije bashobora kubibonamo imbuto nziza? Mu butumwa bwiza bwa Yesu uko bwanditswe na Matayo 5:13-16 ho hagira: Muri umunyu w’isi. Mbese umunyu nukayuka uzaryoshywa n’iki? Ntacyo uba ukimaze keretse kujugunywa hanze, abantu bakawukandagira. Muri umucyo w’isi .

    Umudugudu wubatswe ku mpinga y’umusozi ntubasha kwihisha. Nta bakongeza itabaza ngo baritwikirize intonga, ahubwo barishyira ku gitereko cyaryo rikamurikira abari mu nzu bose. Abe ariko umucyo wanyu uboneka imbere y’abantu, kugira ngo babone imirimo yanyu myiza , bahereko bahimbaza So wo mu ijuru'.

    Burya ubuzima tubamo umunsi ku munsi, aho dukorera , abo duhorana nk’abakristo tuba dutegerejweho kugaragaza imbuto nziza kugira ngo ubwami bw’Imana burusheho kwaguka. Dukwiye kumenya ko turi urusengero hanze y’inkuta z’urusengero duteraniramo mu gihe runaka.

    Sobanukirwa byinshi muri iyi nyigisho: N’ubwo bidakunze kwigishwa,amaherezo ishami ryose ritera imbuto rizakurwaho.by Desire H.

    [email protected]

    Source : https://agakiza.org/Wari-uzi-ko-ubuzima-bwawe-ariyo-Bibiliya-yonyine-abantu-bamwe-bashobora-kuba.html

  • Paul Rusesabagina ashobora gufungwa burundu ahamwe n'ibyo ashinjwa #rwanda #RwOT

    Ubushinjacyaha bw'u Rwanda bwatangaje ko Paul Rusesabagina ushinjwa ibyaha birimo iterabwoba ashobora gukatirwa igifungo kiri hagati y'imyaka 25 na burundu mu gihe ibyo ashinjwa byaba bimuhamye.

    Source : https://igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/paul-rusesabagina-ashobora-gufungwa-burundu-ahamwe-n-ibyo-ashinjwa

  • Umwamikazi Elizabeth agiye kwamburwa inshingano zo kuyobora Barbados #rwanda #RwOT

    Ibirwa bya Barbados byatangaje ko bifite gahunda yo guhindura imitegekere yabyo ku buryo Umwamikazi w'u Bwongereza, Elizabeth, yakwamburwa inshingano zo kuba Umukuru w'Igihugu hanyuma iki kirwa kikaba Repubulika.

    Source : https://igihe.com/amakuru/mu-mahanga/article/umwamikazi-elizabeth-agiye-kwamburwa-inshingano-zo-kuyobora-barbados

  • Ubushakashatsi bwagaragaje ko urubori rw’inzuki rwica kanseri y’ibere #rwanda #RwOT

    Itsinda ry’abashakashatsi bo muri Ositaraliya bagaragje ko Ubumara bw’inzuki bushobora kurwanya ibibyimba bya kanseri, aho bavuga ko melittin, igice cy’ibintu byasohowe n’udukoko,ishobora gusenya ingirabuzimafatizo mbi z’ubwoko bumwe na bumwe bwa kanseri y’ibere.

    Abashakashatsi bo mu kigo cy’ubushakashatsi n’ubuvuzi cya Harry Perkins na kaminuza y’Uburengerazuba bwa Ositaraliya batangaje ko uburozi bw’udukoko, ndetse na melittin, igice kinini cy’ibiyigize, byagaragaye ko bugira ingaruka nziza kuri kanseri zimwe na zimwe zikazezirimo na kanseri y’ibere.

    Ubushakashatsi bwasohotse ku ya 1 Nzeri kuri ubu buri gukorerwa ku mbeba muri laboratoire, Bakoresheje igipimo cyihariye cy’uburozi, abashakashatsi bo muri Ositaraliya bavuga ko ubu bumara bw’inzuki cyangwa se urubori byagaragaye ko bifite akamaro kanini mu kurwanya selile mbi zifata ibere nk’uko ikigo cya Curie kibitangaza. Nk’uko ubushakashatsi bwakozwe n’abahanga bubivuga, ibibyimba byose byavanyweho mu isaha imwe nyuma yo gushyiraho ubwo bumara.

    Kuri Mahasti Saghatchian, umuganga wa oncologue mu kigo cya Gustave-Roussy no mu bitaro byo muri Amerika, avuga ko ubu buvumbuzi butanga icyizere. Uyu muganga yerekana ko “Kanseri y’ibere ikaze ari yo twivuza muri iki gihe, ariko n’ubwo ubushobozi bw’ubu buvuzi ari ikintu gikomeye cyavumbuwe, yavuze ko ari byiza kumenya ko bikiri mu byiciro bya mbere.

    Ibizamini byinshi bigomba gukorwa kugira ngo umutekano wacyo ugaragare neza, mbere yo gusuzuma ibizamini byo kwa muganga. Abajijwe n’ikinyamakuru des Femmes, Dr Elise Deluche, inzobere mu bijyanye na kanseri y’ibere muri Gustave Roussy, asobanura ko kanseri igira ingaruka cyane cyane ku bagore bari munsi y’imyaka 40, bakomoka muri Aziya cyangwa muri Afurika.

    Dr Deluche agaragaza ko umuntu urwaye kanseri ikabije kuko hari n’izoroheje, afite ibyago byinshi byo kwandura metastasize, ibibyimba biva mu ngirabuzimafatizo za kanseri bikimukira mu bindi bice by’umubiri, umuntu ntabimenye. Kubera ko iyi kanseri ari mbi cyane, oncologue ashimangira ko ari byiza ku bantu b’igitsina gore gukurikirana uko ubuzima bwabo bumeze nibura rimwe mu myaka itanu.

    Source: inyarwanda.com

    [email protected]

    Source : https://agakiza.org/Ubushakashatsi-bwagaragaje-ko-urubori-rw-inzuki-rwica-kanseri-y-ibere.html

  • Tourism Inc incubator launches third call of applications for businesses in tourism and hospitality #rwanda #RwOT

    Having its inaugural cohort graduate and join the alumni community, Tourism Inc is excited to grow this vibrant community of youth and women business leaders in the Tourism and Hospitality industry. Supporting these innovators is particularly important as the tourism sector has been significantly impacted by the COVID-19 pandemic.

    'The Tourism Inc program has really supported me in turning my business ideas into actionable plans that can be easily implemented despite the current environment we are in. Working with a coach gives me the discipline to persevere and therefore perform better. Also, having a free co-working space is an added advantage, as I get an opportunity to not only focus on my company but also to collaborate with other entrepreneurs in the larger community of women in business,' said Divine Uwase, a participant in the program.

    Access to business skills, financing, and mentors are key challenges that prevent youth from starting and growing a business in tourism and hospitality in Rwanda and beyond. In response, Tourism Inc will select 35 entrepreneurs who will receive the right mix of capacity building, financing, and mentorship to become leaders in the sector.

    Beyond capacity building and access to finance, the top three entrepreneurs in this cohort will receive seed funding of up to $20,000 to further build their ventures. The program will nurture Rwanda’s top tourism and hospitality innovators and inspire them to embrace entrepreneurship as a career path.

    'The individuals and businesses that this round of recruitment is targeting have proven to be extremely resilient. They’ve held on to their innovations amid challenging times and they are inarguably deserving. Investing in them is both a validation of their tenacity and an act of hope—the hope that we will emerge on the other side of the pandemic stronger. And I have no doubt that the next cohort of Tourism Inc entrepreneurs will help to ensure that,' said Rica Rwigamba, Country Head, Rwanda at the Mastercard Foundation.

    Applications are now open for the third cohort to enroll in this exciting program.

    Applicants who meet the following criteria are encouraged to apply:

    ● Must be a start-up (or have start-up idea) in the tourism and hospitality sector (or supplier to the sector
    ● Must be between 18 and 35 years of age

    ● Must be based and operating in Rwanda

    ● Must be committed to complete the course

    Also, women entrepreneurs are highly encouraged to apply.

    ESP will be hosting online information sessions to provide interested Tourism and Hospitality entrepreneurs with further details on the program and on how to apply.

    For more information:
    Visit the ESPartners website: espartners.coor contact ESPartners Rwanda by email:

    [email protected]

    IGIHE

    Source : https://en.igihe.com/news/article/tourism-inc-incubator-launches-third-call-of-applications-for-businesses-in

  • President Kagame shows granddaughter to the public #rwanda #RwOT

    The photo was posted on the President’s Twitter page on Tuesday night carrying a baby in a happy mood, and the caption said that he had a wonderful weekend with “this little human being”.

    The head of state had recently announced that he had a granddaughter, after his daughter Ange Kagame and her husband Bertrand Ndengeyingoma gave birth to their firstborn on August 19, 2020.

    Ange Kagame Ingabire is the second child of President Kagame and First Lady Jeannette Kagame; she was married on July 6, 2019 during a very colourful and royal ceremony. It was at the end of December 2018 that Bertrand Ndengeyingoma officially asked her hand in marriage, in a traditional dowry ceremony that was held at President Kagame’s home in Rwamagana District in Muhazi Sector.

    On July 20, 2020, President Kagame announced the birth of the baby on Twitter saying that 'Since yesterday we are very happily and 'officially’ grandparents. Congratulations A&B!! ..:):):) What a joy!?'

    'First time is even more exciting!' he added.

    On September 6, in an interview with the public broadcaster, Rwanda Broadcasting Agency (RBA), President Kagame talked about his grandchild, for the first time, confirming that it was a girl and that he was enjoying being a grandparent for the very first time.

    The Head of State said that he takes time off his busy schedule to visit her, pointing out that he was promoted from being a father to being a grandfather and he was enjoying it.

    'She is a healthy girl, she is growing up fast, and when I get time after work, I rush to visit her,' President Kagame said. Asked 'do you go as President Kagame or as Kagame the grandparent?' to which he replied: 'As Kagame.'

    President Paul Kagame was filled with delight as he was photographed carrying his granddaughter in a photo that he, for the first time shared with the public.

    Nicole Kamanzi M.

    Source : https://en.igihe.com/news/article/president-kagame-shows-granddaughter-to-the-public

  • Covid-19: 22 new cases, 31 recoveries #rwanda #RwOT

    According to the Ministry of Health, of the new cases, 18 were detected in Kigali’s high risk groups, whereas two cases were identified in Rubavu district, Western Province.

    Kirehe and Nyabihu districts also reported one each.

    The latest results were obtained from 1,935 sample tests taken in the last 24 hours.
    Since the outbreak of the pandemic in the country in mid-March, Rwanda has conducted 466,518 tests of coronavirus.

    Confirmed cases are now 4,624 among which the active cases are 1,835 and 22 deaths.

    Nicole Kamanzi M.

    Source : https://en.igihe.com/news/article/covid-19-22-new-cases-31-recoveries

  • Woman arrested with fake dollars #rwanda #RwOT

    The 37 fake currency notes were in the denominations of US$100.

    Credible information about Muhawenimana’s criminal dealings was shared by a community policing partner close to her, according to Chief Inspector of Police (CIP) Bonaventure Twizere Karekezi, the police spokesperson of Western region.

    'A resident and partner in community policing saw Muhawenimana with many fake dollar notes and confirmed existing suspicions that she is involved in counterfeiting money. The resident then alerted the police, and she was arrested red-handed with the counterfeit money,' CIP Karekezi said.

    He added that the suspect also had other 44 pieces of paper that she was yet to print into other fake dollars.

    After her arrest, Muhawenimana disclosed identities of other two people she works with to counterfeit money and distribute it.

    The two accomplices still at large, according to Muhawenimana, are the ones with the gadgets used to counterfeit currencies.

    Muhawenimana, however, declined to give further details into their alleged economic crime, including how long they have been into this criminal business, how much fake money they have so far distributed and if they also counterfeit other currencies apart from dollars.

    CIP Karekezi commended the proactive and responsive spirit of the person, who unearthed the criminal ring.

    He warned of serious legal actions against anyone involved in these economic crimes and called upon the general public to report such individuals to save losses incurred especially by small businesses that are mainly targeted.

    Muhawenimana was handed over to Rwanda Investigation Bureau (RIB) in Gisenyi for the next legal steps to be taken.

    Article 296 in the law relating to offences and penalties in general, says 'any person who, fraudulently counterfeits, falsifies or alters coins or bank notes which are legal tender in Rwanda or abroad, notes issued by the Treasury with its stamp or brand,
    either banknotes or alike that have legal tender in Rwanda or abroad, or one who introduces or issues in Rwanda such effects or notes with the knowledge that they are forged or falsified, commits an offence.

    Upon conviction, he/she is liable to imprisonment for a term of not less than five (5) years and not more than seven (7) years.'

    IGIHE

    Source : https://en.igihe.com/news/article/woman-arrested-with-fake-dollars